Taliki ya 4 Nyakanga buri mwaka u Rwanda rwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora, aho Abanyarwanda bibuka umunsi ingabo zahoze ari iza RPA zafashe igihugu zigahagarika Jenoside yakorerwaga Abatutsi mu 1994.
Mu rwego rwo kwizihiza uyu munsi ku nshuro ya 32,Ubuyobozi n’abakozi ba Dr Sina Gérard/Ese Urwibutso bifurije Abanyarwanda bose umunsi mukuru mwiza wo kwibohora.


