Imurikagurisha rirakomeje aho riri kubera i Gikondo,Abagana Stand ya Nyirangarama bishimira uko bakirwa neza ndetse no kubona icyo kurya no kunywa biri ku giciro gito,ibi kandi bikiyongeraho nibindi byinshi baba babategururiye birimo imikino ngororamubiri,itorero ryitwa Urwibutso rw’abato ribataramira mugataha mwishimye ndetse n’aba Dj babasusurutsa.






Ikindi nuko ubu abagana stand ya Nyirangarama bashobora kuhagura imyenda myiza yakozwe na Sina Gérard/Ese Urwibutso iri bwoko butandukanye kandi ku giciro kiboneye buri wese.


Ku babyeyi bifuza kugura amakaye dore ko twitegura n’itangira ry’amashuri muri iri murikagurisha Dr Sina Gérard/Ese Urwibutso bayabazaniye kandi ku giciro kiza.
